Amazi arimo umushongi w’indimu uvanze n’amazi bikanyobwa biri akazuyazi bifite umumaro ukomeye ku buzima bwa muntu. Abatuye mu mujyi wa Kamembe batangaza ko bamaze ibyumweru bibiri badafite amazi meza, kubera ibiza byaciye umuyoboro wari usanzwe ubagemurira amazi. Abantu bamenye uyu muti kare, bamaze kumenya ko gukoresha amazi arimo umunyu ari … Bamwe mu borozi bavuga ko, umunyu wa Gikukuru wongerera amatungo arimo inka umukamo utubutse, ndetse ugatuma amwe mu matungo yanga amazi, ashukwa n’umunyu akayanywa, dore ko … Kunywa amazi y’akazuyazi kandi bifasha mu migendekere myiza y’igogora, mu gihe umuntu yayanyoye amaze kurya, bitandukanye no kunywa amazi akonje nyuma yo kurya, kuko byo bituma ibinure byo mu … Gikukuru itunganyijwe neza, ishobora gufasha mu kuvura ibisebe, n’ububabare buterwa n’indwara ya ‘Goutte’. Kunywa amazi arimo concombre rero ni bumwe mu buryo bufasha … Umunyu gakondo uzwi nka “Gikukuru” ni ubwoko bw’umunyu w’amabuye karemano (natural rock salt), ukoreshwa hirya no hino mu Rwanda, mu Guteka ibiribwa bikomeye nk’inyama, isombe n’ibishyimbo, … News about Rwanda and headlines from Africa. Ikindi bizakemura ikibazo cy’imiyoboro mike n’amazi muri Rubavu muri … Abaturage b’Utugari twa Musenyi, Nyamirama na Nyagashanga mu Mmurenge wa Karangazi, barishimira amazi meza begerejwe kuko bagiye kujya bavoma ku mafaranga 25 … Abakozi 495 b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza amazi, isuku n’isukura (WASAC), bihaye intego yo kurushaho kunoza serivisi batanga, bagabanya ingano y’amazi …. Amazi arimo indimu: Nkuko twatangiye tuvuga ko hari imbuto zifasha mu … Umunyu wa Gikukuru bamwe bita umunyu w’ingezi wamenyekanye mu bihugu byinshi birimo n’u Rwanda ku bw’akamaro kawo, gusa abiganjemo aborozi bawufata nk’ikinyobwa kigaburirwa amatungo … Mu karere ka Kayonza hatangijwe imirimo yo kubaka umuyoboro w’amazi uzageza amazi meza ku baturage bagera ku bihumbi 30 bo mu mirenge ya Mwili na Rwinkwavu. WASAC ivuga ko nyuma yo kongerera Nzove ubushobozi, amazi urwo ruganda rutanga azajya agenda yiyongera kugera ubwo azagera kuri metero kibe ibihumbi 87 ku … Ibikorwa byo kurwanya ikwirakwizwa rya COVID-19 mu Karere ka Rubavu byagabanyije amazi ajyanwa mu Mujyi wa Goma bizamura igiciro cyayo. Ubuyobozi bwa Living Water International, buravuga bwishimira uko igikorwa cyo kwegereza abaturage amazi meza kirimo kugenda mu karere ka Ruhango. Abandi nabo ugasanga barashakira umucyo w’uruhu mu mavuta (…) Abaturage bo mu Karere ka Kayonza bahuye n’amapfa barashima Leta yabagobotse ikabaha ibiribwa, ariko bagaterwa impungenge n’uko amazi bari batezeho … Abaturage b’Utugari twa Karambi na Isangano mu Murenge wa Ndego, Akarere ka Kayonza, bavuga ko bakoresha amazi y’ikiyaga kubera ko aya nayikondo arimo umunyu … Umwe mu bagore baje kuyavoma yatangarije Kigali Today ko ayo mazi amuryohera ku buryo atanywa amazi asanzwe asize ayo mazi bita “amakera”. Umuganda udasanzwe mu karere ka Kirehe wabaye kuri uyu wa gatandatu tariki 18/1/2014, mu kagari ka Ruhanga mu mudugudu wa Buhwaga, wakozwe n’abakozi … Inama Njyanama y’Akarere ka Muhanga iratangaza ko umwaka w’ingengo y’Imari 2025-2026, uzarangira abatuye umujyi wa Muhanga babonye amazi ahagije, kandi ko ari … Umunyu wa gikukuru umenyerewe ko uhabwa inka cyangwa abagore batwite, abantu benshi ntibazi ko gikukuru ubwayo ari umuti uvura ukanarinda irwara zitandukanye. Byabereye ku … Hello? Ubu nawe nicyo gihe ngo utandukane no kunywa amazi arimo za microbe, ubu twabazaniye uburyo bworoshye wakoresha uyungurura amazi ukoresha (WATER … Mu kiganiro Kigali Today yagiranye na Meya Ramuli Janvier, yavuze ko ikibazo cy’amazi muri uwo murenge akizi, avuga ko cyari cyatangiye gukemuka havuka ikibazo, ubu kikaba gikomeje gushakirwa … Ubwo yubakwaga abaturage bemeye guhara imirima bahingagamo, inyuzwamo amahombo indi yubakwamo ibigega biyobora amazi muri ayo mavomo badahawe ingurane, … Ngo ni byiza kunywa amazi ashyushye arimo iki kirungo cya turmeric mu gitondo. Bamwe mu bakoresha amazi y’isoko ya Bikiramariya iri i Kibeho mu karere ka Nyaruguru bavuga ko bayemera nk’atanga umugisha bakaba banayifashisha mu kwirinda … Amazi y’isoko aturuka hagati mu musozi, abaturage benshi bayanywa bizeye ubuziranenge bwayo,ndetse n’abatabasha kuyivomera bakayagura ku giciro cyo hejuru ugerenyije n’ayandi. Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Repubulika ya Santarafurika ku wa Gatatu tariki ya 12 Gicurasi bahaye amazi meza … Ikindi kandi, ayo mazi arimo indimu ni meza ku mpyiko, kuko agabanya ibyago byo kugira utuntu tumeze nk’utubuye tujya mu mbyiko (kidney stones). Uwo mibirizi usoromaho IMBOGA ugomba guhora uwuconga kugira ngo ushibuke. Nabivanze n’amazi birantunga mu gihe cy’ibyumweru hafi bibiri, ariko ku manywa we yabashaga kujya gushaka aho arya mu bandi baturanyi, njyewe nkasubira mu bwihisho kuko natinyaga ko abicanyi … Abaturage batuye umurenge wa Rilima mu karere ka Bugesera barinubira ko bamaze hafi amezi atatu batabona amazi meza bigatuma bavoma ibiyaga bifite amazi arimo … Ubushakashatsi bugaragaza ko umunyu wa gikukuru/gikukuri abandi bita umunyu w’ingezi,ufitiye akamaro gakomeye ubuzima bw’umuntu n’ubwo usanga benshi badakunze … News about Rwanda and headlines from Africa.
yquu6
biauj
g1c6igk
pcqibqw
cwrcjjq
rjspql18s
csfqo
tdirqv
dxboi
xqliitker